+250 782 559 520 info@dalfa.org

Amatangazo

31 Ugushyingo 2019

Ijambo ryifuriza umwaka mushya muhire wa 2020 Abanyarwanda bose.

ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU RYO KUWA 10 MUTARAMA 2020

Igihe ni iki cy’uko leta ya fpr ifasha abana b’ababyeyi basenyewe bananiwe kujya kwiga

COMMUNIQUE DE PRESSE DU 10 JANVIER 2020

Il est plus que jamais urgent que le regime du FPR prenne en charge les enfants de familles dont les maisons ont été détruites et qui n’ont pas pris le chemin de l’école.

PRESS RELEASE OF JANUARY 10, 2020

It is more than ever urgent that the RPF regime takes care of the children of families whose houses have been destroyed and who have not been able to go back to school.

Ikiganiro na Victoire Ingabire Umuhoza

Kurikira Ikiganiro cya Victoire Ingabire cyo ku cyumweru tariki ya 22/12/2019 ku bijyanye n’ubwisanzure n’iterambere kuri bose.

Interview ya
Josiane Ingabire

Josiane Ingabire, Umurwanashayaka wa DALFA-Umurinzi, arasobanurira abanyamakuru icyamujyanye muri DALFA n’ikizere afite ko ubwisanzure na democratie bizubaka u Rwanda.

Itangazo rigenewe abanyamakuru

Itangazo rigenewe abanyamakuru ryo ku wa gatandatu tariki ya 9 Ugushyingo 2019, rikubiyemo kwegura kwa Victoire Ingabire Umuhoza ku mirimo ye yo kuyobora ishyaka rya FDU-Inkingi n'inshingwa ry'ishyaka rishya rya DALFA-Umurinzi

Inshingwa rya DALFA

“DALFA-Umurinzi riteganya kuba ishyaka ry’abanyarwanda ubwabo bari mu gihugu ubwabo bishingiye, ishyaka riri mu gihugu, ishyaka rireba ibibazo biri mu gihugu ngo ritange uruhare rwayo mu kubaka igihugu, ntirigaragare nk’ishyaka riri cyangwa rivuye hanze, ahubwo nk’ishyaka ry’abari mu Rwanda.”

Guha ijambo buri wese

“… dufite icyizere ko abanyarwanda dushobora gushyira hamwe tukisanzura mu kubaka igihugu cyacu, buri wese akagira ijambo mu bumukorerwa, mu iterambere, tukubaka igihugu tegemba amata n’ubuki…”

info@dalfa.org

+250 784 008 303

DALFA - Umurinzi

ISHYAKA RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA N’UBWISANZURE KURI BOSE MU RWANDA

Kubera iki?

Gushimangira amahame ya demokarasi mu gihugu cyacu bizarinda ubusugire n’imibereho bwite y’Umunyarwanda hatitawe ku nkomoko, ibitekerezo bye bya politique cyangwa ukwemera kwe